2024
1/8: Rayon Sports irategereza hagati ya MVS na Addax
FT Rayon Sports 1-2 Interforce ( Aggr 5-2)
▪️Julien Mette yakirijwe gutsindwa na Interforce
▪️Kuwa 5, Amagaju arakira Rayon Sports mu nzira zo kwegereza agatebe hafi y'iya APR FC
dvincent
Dvincent
Apr fc umurava itsinzi
Umuhanzi King James yazuze ko impamvu yatumye asinyisha umuhanzi mushya witwa Manick Yani muri sosiyete ye yise ‘Zana Talent’ ari ikinyabupfyura yamusanganye, ubuhanga mu miririmbire ndetse n’ubuhanga mu kwandika indirimbo.
Uyu muhanzi yasinye muri Zana Talent mu minsi ishize, bakaba bagiye gukorana mu gihe cy'imyaka itanu.
Mu kiganiro na IGIHE, King James washinze akaba n’umuyobozi wa sosiyete Zana Talent, yavuze ko mu bintu byatumye asinyisha uyu muhanzi harimo ikinyabupfura, ubuhanga mu miririmbire ndetse no mu kwandika indirimbo.
Yagize ati “Maze kumubona nashatse uburyo mubona turahura turaganira, ni umusore ubona ko afite ikinyabupfura akaba umuhanga mu kuririmba kandi iyo ugerageje kumva ibihangano bye ndetse no muri studio ni umuhanga mu kwandika. Nibaza ko uyu ntari kumusiga.”
Nyuma yo gushima impano y’uyu musore, King James yiyemeje kumusinyisha muri sosiyete ye ari nayo ikurikirana ibikorwa bye by’umuziki
Ubu Manick Yani yashyize hanze indirimbo ye ya mbere muri Zana Talent yise ‘Akayobe’ yakoranye na King James.
sniper Hussein Shaban "Tshabalala" rejoins AS Kigali from Al Taawon (Libya).
Shema atangiye gukora ku bahungu be, Hussein Shaban "Tshabalala" wari waragiye muri Libya, aje guhumuriza abarakare.
Kuva Shema Fabrice agarutse mu ntebe ye:
✍️ Guy Bukasa (coach)
✍️ Hakizimana Adolphe ( Goalkeeper)
✍️ Hussein Shabani (Sniper)
💰 Prime ya 240k FRW yo gutsinda APR FC barinanirwa
Grp C: Algeria itahanye isoni
▪️Angola 2-0 Burkina Faso
⚽️Mabululu ⚽️Zini
▪️Mauritania 1-0 Algeria
⚽️Yali
Table
1. Angola 7pts
2. Burkina Faso 4pts
3. Mauritania 3pts
❌️ Algeria 2pts
Nyuma y'igikombe cy'Afurika 2019, Algeria ya Riyad Mahrez ntiratsinda umukino muri AFCON 🤔
my page dvincent
Dore ibizakubwira ko ushaje utakiri umwana:
1. Niba warize mwarimu mumwita monsieur cg maitresse , urabeho kuko washaje.
2. Niba warabonye inoti y'ijana iriho Nyiraneza ahetse Rubaduka, kuyibona byonyine biragushyira mu cyiciro cy'abasheshe akanguhe
3. Niba warize umuvugo mu wa kane witwa "uri mwiza mama", bye bye harira abakibasha
4. Niba waratetse runonko ukotsamo amateke, wihangane unyure ku ruhande aba jeune bataguhirika wowe urisaziye
5.. Niba waraririye ku mbehe y'igiti, wowe ho sanga abasaza bagenzi bawe
6. Niba warabonye idebe rwanditseho USA ukaba ntamwana wimyaka 5 ufite, harira urungano.
7.. Niba warize imyandiko ya Joriji Baneti, Mutima mucye wo mu rutiba, Impyisi na Bakame, Indyoheshabirayi, Urupfu na Cacana, Saruhara rwa Nkomokomo, Ngoferitukura,... Wowe urabeho rwose
Follow dvincent for more stories
Craven Cottage awaits for the semi-final second leg ⏳
Let’s do this ✊🔴
|
Hi follow my page
Click here to claim your Sponsored Listing.