24/05/2024
Pop DIOP
Handsome In LONG WAY....❤️❤️
24/05/2024
MUSHIKI WANJYE NTEGA AMATWI WITONZE
1. Kuki uhora uvuga ko abahungu b’iki gihe batagira urukundo kandi utendetse batanu? Wumvako muri abo hagize ugukunda atazicwa nagahinda? Gerageza uhindure!!Basi niba wowe urufite wirusaranganya.
2. Ese kuki wumva ko abahungu ntakindi uretse ubusambanyi mbese wowe ubona ubusambanyi bugukorerwa nta ruhare ubugiramo?
3. Uhora uvugako utakunda umukene ariko ngo urukundo rwashize mu bahungu ese ubwo wowe ukunze umuhungu cg ukunze amafaranga? Nukuri uzayabona pe ariko ntu*igera wishima mubu*ima.
4. Ntukibaze impamvu uhura n’umuhungu mwakundana icyumweru agahita agusaba ko muryamana nuko nyine aba aziko n’iyo atabigusaba hari ababigusaba kd ukabibaha. Nucunga neza uzasanga mbere yo kubikubwira abanza kukubaza niba uri isugi! Nonese niba utariyo bwagiye he? Nyine hari abo uha nawe muhe. Bakobwa mucunge izamu ryanyu.
5. Buriya uzasanga nubwo mubeshyera abahungu ngo barahindutse mwe si uguhinduka ahubwo mwaritandukanyije nonese niba kuba isugi byitirirwa uburozi bw’iwanyu ubundi wumva ari iki cyatubuza guhinduka? Nyamuneka gerageza wicunge ubindi niba udashaka kuba isugi ikizakubaho ntuzabishyire kubahungu uzabyimenyere.
6. Ese mushiki wanjye nako ngo ni Sister, kuki mwibuka ko turi abagome aruko mwatwaye inda cg mwarwaye sida kuki mutabyibuka cyagihe muba muri kuryamana n’abatari abagabo banyu? Ndacyakubwira....
7. Niba u*iko wabashije kwirinda humura N’Imana irabibona izaguha uw’umumaro kd ugukunda ariko ntukifuze guhabwa intama kd uri ikirura. Erega natwe uko mwitwara biratubabaza.
8. Sinkwanga urabizi ariko kandi sinshyigikiye ko wirirwa muri getho z’abahungu ngo nicyo kizabereka ko ubakunda. Ntakubeshye uriya wirirwa akurunguruka ntazigera agushyira mumago.
9. Waba u*i impamvu tuvuga ko tudateze gukora ubukwe? Nuko nubundi ntacyo tuzaba dukeneye kubona tutabonye nonese ko ibyo umugore aha umugabo mubiduha kd igihe cyose tubishakiye kuki twakwirushya twishyiraho umuruho w’urugo? Ni ukuri nimutisubiraho muzajya muguma iwanyu ubu
𝙷𝚎𝚒 👋
20/06/2023
Iyo nza kuba mfite amafaranga hari umukobwa nakagize umugore arko disi ubu nzajya kuyabona baramutwaye😥😥😥😥😥😥
*135*R # you have received 2k from Jesus unkwe amata kuko udatendeka chr wawe🤣🤣🤣🤣🤣
Click here to claim your Sponsored Listing.
Location
Contact the business
Telephone
Website
Address
Kigali