IGA Health Initiative

IGA Health Initiative

Share

We aim at enhancing health literacy to promote primary health care and disease prevention.

Photos from IGA Health Initiative's post 08/10/2023

Ni byiza ko umugore utwite afata ibiribwa cg imiti imwongerera , , kugirango bimugabanyirize ibyago birimo kugira amaraso makeya, umwana kuvukana ibiro bikeya cg kubyara igihe kitageze.

Ni byiza kurya ibiribwa birimo A and C kugirango bifashe ikoreshwa rya iron mumubiri. ( kurya , , , imbuto za orange , . Si byiza kunywa cyane uri gufata iron kuko ituma idakoreshwa neza numubiri

08/10/2023

Bimwe mubimenyetso kumuntu ufite utubuye mumpyiko

1. ububabare bukabije munsi yimbavu ahagana mumugongo
2. ububabare bwimukira munda yo hasi no muri groin
3. kubabara uri kwihagarika
4. kugira ubushake bukabije bwo kwihagarika ,inkari zigasa nkikigina
5. etc
#

28/09/2023

Ese uburyo bwo kuboneza urubyaro bwakurinda gutwara inda kukigero cya kangahe mugihe wabukoresheje neza ? iyo ubukoresha burigihe kd uko byagenwe.

1. Male condom : 98%
2. Diaphragm : 94%
3. Combine contraceptive pills : 99%
4. Progestin only pills : 99%
5. Copper IUD: 99%
6. Mirena (hormonal IUD) : 99%
7. Jadelle: 99%
8. Implanon: 99%
9. Depo Provera Injection: 99%
10. Nuva Ring: 99%

rimwe na rimwe kubera ko ubu buryo budakoreshwa uko bikwiye niyo mpamvu usanga abadamu basama kd bari gukoresha uburyo bwo kuboneza urubyaro

28/09/2023

Ese iyo intanga ngabo zitabashije guhura nintanga ngore habeho gutwita , intanga ngabo zijyahe ??

iyo hatabayeho gutwita , umubiri wumugore ushwanyaguza izo ntanga ubundi ukazisohora mumubiri nkuko indi myanda yose isohoka mumubiri.

21/09/2023

Ni byiza kwipimisha umuzenguruko winda kuko iyo igipimo kiri hejuru cyane uba ufite ibyago byo kurwara indwara zitandura urugero Hypertension , diyabete yo mu bwoko bwa 2, indwara zumutima nizindi. kumugabo umuzenguruko winda ugomba kuba < 94cm naho umugore ugomba kuba

18/09/2023

Ni ingenzi ko umubyeyi utwite ahabwa urukingo rwa iyo atakingiwe mbere kuberako bifasha we ubwe kugira ubwirinzi ndetse numwana atwite. iyo ataruhawe umwana ashobora kurwara indwara ya tetanus bikaba byamuviramo .

16/09/2023

Ese urukingo rwa rutanga ubwirinzi kumwana na mama we igihe kingana ute?

1. Iyo umaze gufata urukingo rwambere nta bwirinzi umubyeyi aba afite ndetse no kumwana we.

2. Nyuma yo gufata urwa 2 , umubyeyi numwana baba bafite ubwirinzi bwimyaka 3

3. Iyo amaze gufata urwa 3 , baba bafite ubwirinzi bwimyaka 5.

4. Iyo ufashe urwa 4 uba ufite ubwirinzi bwimyaka 10

5. Naho iyo umaze gufata urukingo rwagatanu uba ufite ubwirinzi bwimyaka 30

Photos from IGA Health Initiative's post 14/09/2023

Ibimenyetso mpuruza utwite. Mugihe ubibonye ugomba guhita ujya kwa muganga

1. Kuva mugitsina
2. Kumeneka atunga umwana
3. Kugira ukabije udakizwa nimiti eg: paracetamol
4. Kugira , ibikezi kezi
5. bikabije
6. Kubyimbagana mumaso, ibiganza nahandi
7. Kugabanuka cg kutumva umwana akina munda
8. Kuba watangira kugira ibise igihe kitaragera
9. Kubabara munda cyane cg bidasanzwe
10. Etc

ubonye kimwe muribyo bimenyetso ihutire kugana ivuriro rikwegereye.

14/09/2023

Wari uziko ari ingenzi ko umudamu afata ibinini bivura inzoka ( ) cyane cyane mugihembwe cya 2 ndetse nicya 3 afata ikinini kimwe cya muri buri gihembwe.

06/09/2023

Ese kurangiza vuba niki?

mubushakashatsi bwakozw bwagaragaje ko igitera iki kibaz ari ibibazo byimitekerereze

ivuga ko hari ibintu 3 bigenderwaho tuvugako umuntu afite iki kibazo cyo kurangiza vuba

1. iyo urangiza umunota utarashira munshuro 3 muri 4 ukoze s*x
2.Iyo agize icyo kibazo igihe kirengej amezi 6 kd bikaba bimuhangayikishije kuburyo bishobora guhungabanya imikorere ye ya buri munsi

3.Iyo kuba urangiza vuba nta yindi mpamvu ibitera nka diyabete, umuvuduko wamaraso, imiti uri gufata, kuba ufite izindi stress zubuzima, ndetse nubundi burwayi etc

05/09/2023

Ese waruziko umugore numugabo babana umwe yaranduye virus itera sida undi ntayo afite mugenziwe ashobora kutamwanduza kandi bakora imibonano mpuzabitsina?

yego birashoboka ko babana kd ntibanduzanye gusa bisab ko uwanduye afata imiti neza kuburyo virus zigabanuka cyane mumaraso

04/09/2023

Today is s*xual health day and the theme is The to recognize the importance of consent and mutual respect when it comes to *xual encounters. People should have accurate information so they can make informed choices when it comes to s*x.

Want your business to be the top-listed Gym/sports Facility in Kigali?

Click here to claim your Sponsored Listing.

Location

Website

Address


Remera
Kigali

Opening Hours

Monday 07:00 - 16:00
Tuesday 07:00 - 16:00
Wednesday 07:00 - 16:00
Thursday 07:00 - 16:00
Friday 07:00 - 16:00
Saturday 07:00 - 00:00