10/06/2021
Barca ntago iroherereza Messi amasezerano. Benshi bakomeje kwibaza ikibura, ndetse n’uko biza kugenda nyuma y’isoza rya masezerano bafitanye.
https://www.panoramafootball.com/ijisho-rya-ruhago-1/barcelona-ibya-messi-bikomeje-kuba-urujijo.
Barcelona: ibya Messi bikomeje kuba urujijo — Panorama Football
Barca ntago iroherereza Messi amasezerano. Benshi bakomeje kwibaza ikibura, ndetse n’uko biza kugenda nyuma y’isoza ryayo masezerano.
09/06/2021
Isubikwa by’agateganyo ku ikurikiranwaho ry’amakipe FC Barcelona, Juventus FC na Real Madrid mu gikorwa cyo kurema agatsiko bitiriye ‘Supper League’.
European Super League: UEFA mukudohoka ku bihano byari bitegerejwe — Panorama Football
Isubikwa by’agateganyo ku ikurikiranwaho ry’amakipe FC Barcelona, Juventus FC and Real Madrid mu gikorwa cyo kurema agatsiko ‘Supper League’.
09/06/2021
M’Ubwongereza ibihano bikomeje kwisukiranya ku makipe 6 yashatse gukorera m’ubwiru irushanwa rya Super League.
European Super League: M’Ubwongereza 6 yahanwe na Premier League — Panorama Football
Arsenal, Chelsea, Liverpool, Manchester United, Manchester City na Tottenham zamaze kwemera gutanga amande n’ibindi bihano ku isubiracyaha.
09/06/2021
Benzema mu mvune. Virusi ya korona mu nkambi ya spain. Kurikirana buri munsi amakuru ari kuvugwa mu gikombe cy’uburayi ‘Euro 2020’.
Euro 2020: Amakuru ari kuvugwa kuri uyu wa gatatu tariki ya 9 Kamena — Panorama Football
Benzema mu mvune. Virusi ya korona mu nkambi ya spain. Kurikirana buri munsi amakuru ari kuvugwa mu gikombe cy’uburayi ‘Euro 2020’.
04/06/2021
N’golo Kanté niwe uyobora umukino muri kiriya gice k’iburyo cya Chelsea haba mu busatirizi cyangwa m’ubwugarizi.
Ni iki mu by’ukuri kimugira umukinnyi udasanzwe ukinira hagati?
Kanda hasi usome inkuru irambuye.
Chelsea: Kanté nk’ubugi butyaye mu ruhande rw’iburyo — Panorama Football
Dusesengure Kanté wagiza uruhare rugaragara mu guhirika Real Madrid no gutwara igikombe Manchester City, nk’umukinnyi w’imena.
27/05/2021
Ikipe ya Liverpool nyuma y’umwaka utarayorohereye na gato, isanze igihe ari iki kugirango ivurure urutonde rwayo. Bamwe ni abakinnyi bari baribagiranywe mu kabati nk'umuzamu Karius.
(muribuka amarorerwa yakoze imbere ya Benzema?)
Liverpool: Igura n’igurisha 2020-2021 naryo ubwaryo ni umushinga — Panorama Football
Ikipe ya Liverpool isanze igihe ari iki kugirango ivurure urutonde rwayo. Bamwe ni abakinnyi bari baribagiranywe mu kabati nka Karius.
24/05/2021
Mbappé aragira icyo atangaza ku byakomeje kuvugwa hagati ye na PSG yifuza kumwongerera amasezerano, ndetse na Real Madrid ikomeje kumurambagiza.
(kanda hasi usome inkuru irambuye)
Kylian Mbappé: Ndi mubiganiro na PSG; dutegereze turebe ikibivamo — Panorama Football
Hari hategerejwe ko Mbappé agira icyo atangaza ku bivugwa hagati ya PSG na Real, zimurwanirira ngo azikinire umwaka utaha.
22/05/2021
Birasa nk’ibitarasobanuka muri iyi shampiyona ya Espanye ubwo igeze ku munsi wayo wa nyuma. Kugeza ubu igikombe nticyari cyabona nyiracyo, ndetse ntibiranasobanuka ku makipe agomba guhagararira Espanye mu gikombe cy’Uburayi (Europa League). Bikarushaho gutera amatsiko mu gihe hataramenyekana amakipe agomba ku manuka mu kiciro cya 2. (kanda hasi some inkuru yose)
LaLiga Santander: Haraca uwambaye k’uri uyu munsi wa nyuma — Panorama Football
Ubu igikombe nticyari cyabona nyiracyo, ndetse ntibiranasobanuka ku makipe agomba guhagararira Espanye mu gikombe cy’Uburayi.
21/05/2021
Bruno Satin yagize ati: “Icyo nzi ni uko k’uri ubu (Mbappé)yifuza guhindura ikipe”.
Ibi ni n’ibintu umuryango wa Mbappé waba waragizemo uruhare, gusa hakaba hategerejwe ko Paris Saint Germain (PSG) ibiha umugisha. Aha rero ni naho ruzingiye.
Ku bashishoza ntawa terura ngo avuge ko PSG izabireka bikaba uko. Aba banyemari bakomoka mu gihugu cya Qatar bazaruca barumire, kugeza wenda ubwo Mbappé azarangiza amasezerano ye akijyana. Aba bakire niko babaye!
(Kanda hasi usome inkuru yose)
Kylian Mbappé: Ashobore kuba yamaze kumvikana na Real — Panorama Football
Bruno Satin yatangaje ko afite amakuru y’uko Kylian Mbappé yaba yaragiranye amasezerano n’ikipe ya Real Madrid.
16/05/2021
Iminsi ibiri gusa kugirango shampiyona ya Espanye isoze. Barca n’amanota 76 ntirakurayo amaso kabone n’ubwo igikombe cya shampiyona cyanga kikayisiga. Mu minsi mike ishize yagikozagaho imitwe y’intoki, ariko itsikirira k’umukino uheruka wa Grenada. Atletico (Los Colchoneros) ku manota 80 yo irimo irakirukankana mu ntoki zayo igana k’umusozo wa shampiyona, mu gihe Real n’amanota 78 yo irarekereje ngo iyigicapure. (Kand hasi wisomere inkuru irambuye)
LaLiga: Undi mugoroba ufite icyo uhatse hagati ya Real na Athletico — Panorama Football
Atletico irimo irakirukankana mu ntoki zayo igana k’umusozo wa shampiyona, mu gihe Real irarekereje ngo iyigicapure.